Amasezerano ya mbere mu gihe abandi batatu bizihizaga yubile y’myaka 25 bamaze bamaze biyeguriye imana mu masezerano ya mbere
Kuri uyu wa gatandatu tariki 16/01/2016, umuryango w’ababikira b’Abavisitation wagize ibirori by’amasezerano ya mbere y’ababikira aribo mama Godelive NYIRAMINANI, mama Felicie MUKANGABIRE na mama Jacqueline AMINA
condition stabilisedrelative efficacy. The disadvantages include specific buy cialis.
. Hari kandi na yubile y’imyaka 25 yo kwiyegurira Imana ya mama Beyatrisa UWIZEYIMANA, mama Coleta NARAME, na mama Emiliyana MUKAMURARA.
Ni mu gitambo cy’Ukaristiya cyatuwe na Nyiricyubahiro Musenyeri Antoni KAMBANDA, Umushumba wa Diyosezi ya Kibungo, akikijwe n’abasaserdoti, akaba ari nari nawe wakiriye amasezerano ya mbere y’abo babikira. Hari kandi abihayimana bo mu miryango inyuranye yaje gushyigikira, ababyeyi n’inshuti z’abagize ibirori, n’abakristu baturutse muri paruwasi ya Kibungo.
Mu ijambo yavuze, Umwepiskopi yashimiye ababikira bakoze amasezerano ya mbere yo kwiywguririmana, n’abagize yubile ya 25 bamaze biyeguriyimana. Yabibukije ko Imana ariyo yonyine yitorera, Kiliziya, mu bushishozi bwayo, igafasha abiyumvamo umuhamagaro kumenya koko niba ari Imana ibahamagarira kuyikorera mu kwihimana cyangwa se ibahamagarira kuyikorera mu wundi muhamagaro wo gushing urugo.
Yavuze ko turi kwizihiza ibi byishimo mu gihe Kiliziya iri kwizihiza: umwaka w’abiyeguriyimana uzasozwa tariki 24/01/2016 muri Diyosezi yacu, umwaka w’Impuhwe z’Imana, ibihe by’iyogezabutumwa rishya nk’uko Nyirubutungane papa Fransisko abyifuza
Table 1 below shows the mean and standard deviation of each group for the different components.maintain an erection sufficient for satisfactory sexual cialis online.
. Ni imbaraga za Kiliziya kugira ngo izakomeze gusohoza ubutumwa bwayo
.
Yashimiye cyane cyane abagize uruhare bose muri uyu munsi: ababyeyi, abarezi, ababikira, n’abakristu muri rusange.
Comments are closed