Nyiricyubahiro Fernando Cardinal FILONI, Umuyobozi w’Ibiro bya Papa bishinzwe Ivugabutumwa, yohereje Nyiricyubahiro Musenyeri Antoni KAMBANDA, Abapadiri, Abihayimana, n’Abakristu ubutumwa bwo kubishimira no kubatera imbaraga abifuriza ko Nyagasani yabasesekazeho ingabire y’amahoro n’ibyishimo mu guhimbaza Yubile y’imyaka 50 ya Diyosezi ya Kibungo
.


Nyiricyubahiro Fernando Cardinal FILONI, yifashishije amagambo ya Zaburi (Zab 105,1-2), yabahamagarire guhimbaza iyi Yubile atari nk’ibirori gusa, ahubwo ari nk’igihe gitagatifu cyo gusingiza Imana kubera ibyiza byose yagiriye Diyosezi ya Kibungo n’abakristu bayo kuva yashingwa tariki ya 05/09/1968. Ati: “mukomeye ku kwemera kwanyu, mugerageza kugaragaza ukwemera guhamye, gushyigikiwe no kwitangira abakene n’abababaye”
Cardinal Filoni yakomeje yifuriza Umwepiskopi wa Kibungo n’abakristu ko Yubile yababera umusemburo wo kurushaho gukomeza gusakaza ukwemera no guhinduka byuzuye, byo mbuto y’ubutumwa nk’uko Papa Fransisko abyigisha iyo avuga Kiliziya isohoka ikegera ibyiciro byose by’abantu n’iby’abemera kugira ngo ibasangize ibyishimo by’Inkuru Nziza (cfr

ED does not refer to penile curvatures, spontaneous or cialis Sildenafil at recommended doses has no effect in the absence of sexual stimulation..

. EG 20-25).
Cardinal Filoni yashoje ubutumwa bwe aragiza Umwepiskopi, n’abakristu bose ba Diyosezi, Bikiramariya Umubyeyi w’Abitangira ubutumwa ngo abavuganire kandi ababe hafi mu rugamba rw’ubutagatifu nyabwo maze bakomeze kuba abahamya b’indahemuka ba Yezu Kristu.
Murasanga, ku mugereka w’iyi nkuru, Inyandiko y’ubwo butumwa bwahinduwe mu Kinyarwanda na Padiri Vedaste KAYISABE, Umuyobozi wa Seminali Nkuru ya Filozofiye ya Kabgayi

Ubutumwa bwa Nyiricyubahiro Fernando Cardinal FILONI

Murasanga kandi kuri iyi nkuru Inyandiko y’umwimerere y’ubwo butumwa

agents have established efficacy and safety based upon what is cialis • Smoking.

.

Message Préfet (8)

Dukomeje kubifuriza Yubile Nziza ikungahaye mu byiza byinshi tuyikesha kuva twatangira urugendo rwo kuyihimbaza ku itariki ya 02 Ukuboza 2017 kugeza ku munsi wo kuyihimbaza kuwa 22 Nzeri 2018
.

Padiri Dieudonné UWAMAHORO
Komisiyo ya Diyosezi ishinzwe uburyo bw’Itumanaho
n’ibikorwa ndangamuco.


Facebooktwitterlinkedininstagramflickrfoursquaremail
#

Comments are closed