
muri uku kwezi

Nk’uko bisanzwe buri kwezi Nyirubutungane Papa atanga icyifuzo dusabira muri uko kwezi.
Muri uku kwezi k’ugushyingo 2020, Papa arifuza ko “Dusaba kugira ngo iterambere ry’ubuhanga na tekiniki bihanga za kadahumeka zikora ibyo ziteganyirijwe kimwe n’ubwenge buhangano bibereho guteza imbere ikiremwa muntu” This could be explained by the fact that sildenafil is pharmacologically active on human retinal PDE6 at higher doses than those required for pharmacological activity on the corpus cavernosum. tadalafil online by specialized testing and should be treated by an.
Imana yaremye muntu mu ishusho ryayo: “Imana iravuga iti ‘Noneho duhange Muntu mu ishusho ryacu, mu misusire yacu (…)‘ Nuko Imana irema Muntu mu ishusho ryayo, imurema mu ishusho ry’Imana; ibarema ari umugabo n’umugore . Imana ibaha umugisha, irababwira iti ‘Nimwororoke, mugwire, mukwire isi yose, mutitegeke…’ “
Mu iterambere rye, muntu ntakwiye kwibagirwa iyo sano afitanye n’Imana ari nayo imuha ubutumwa afite ku isi bwo kugenga ibyo Imana yamuragije. Ubwiza n’ubuhanga muntu yahawe akwiye kubikoresha neza arushaho gusingiza Imana kandi aharanira ko iterambere ageraho riba ridahabanye n’ubwo butumwa Imana yamuhaye, agakoresha neza ubwenge yahawe mu iterambere rimufasha kwita kuri ishusho yaremanywe nk’ikiremwa muntu.
Hamwe na Papa, dusabe kugira ngo iterambere mu guhanga ibishya no gukoresha ubwenge buhangano bibereho buri gihe gufasha ikiremwa muntu.
Ibyifashishijwe:
- www.zenit_Le monde vu de Rome.org_fr
- www.popesprayer.va
- www.priereaucoeurdumonde.net
Bikira Mariya Mwamikazi w’abatagatifu bose udusabire!







Comments are closed